3️⃣ Yesu ntabwo ari umwana w'Imana. Imana ishobora byose itarangwamo igitsina, intege nke zabantu ndetse nikindi kintu cyose abantu bashobora gutekereza. 4️⃣ Yesu ntiyabambwe. Yakijijwe akazurwa ku Mana, kandi azagaruka ku isi hafi yimperuka. |
5️⃣ Ntabwo twemera igitekerezo cyicyaha cyinkomoko. Agakiza gashoboka gusa mugusenga Imana imwe y'ukuri (Allah). Ntamuntu ugomba gupfa kubwibyaha byacu, turasaba imbabazi gusa aratubabarira. Ubu ni bwo butumwa bw'Abahanuzi bose (Allah amuhe amahoro n'imigisha) harimo na Yesu wavuze ngo "wihane ubwami bw'Imana buri hafi". |
Wizera ko kandi ukemera gukurikiza idini nyayo ya Yesu hamwe n'intumwa zose z'Imana ? |